imyidagaduro Beyonce yagize icyo avuga ku bana be b’impanga By Ibishya - July 14, 2017 0 Facebook Twitter Google+ Pinterest WhatsApp Umuhanzikazi Beyonce n'abana be b'impanga Umuhanzikazi wibarutse abana 2 b’impanga ariko akabigira ubwiru igihe kirekire yafashe icyemezo cyo kuberekana ku mugaragaro yishimira ukwezi kumwe bamaze bavutse. Yagaragaje abana be b’impanga akoresheje urukuta rwe rwa Instagram agaragaza ko bamaze ukwezi kumwe bavutse. Yagize ati “Sir Carter na Rumi Carter ubu bujuje ukwezi kumwe.” Abo bana b’impanga ni umuhungu n’umukobwa bamaze guhabwa amazina Sir Carter na Rumi Carter. Beyonce ufite imyaka 35 n’aho umugabo we akagira 47 ubu bafite abana batatu harimo izi mpanga na mukuru wabo Blue Ivy.